Niyo Bosco – Abanyamabara Lyrics

Verse 1:
This is gangster love,
I can never lie biragaragara,
Couple y’ibirara Niko batwita Sha ngo twayogoje umurwa ahahaa eeehee!

Pre_Chorus:
Byose ni kukarubanda ntitugira amabanga now,
Gusa wowe urakabya urikiryarya.
Byose ni kukarubanda ntitugira amabanga now,
Gusa wowe urakabya urikiryarya (why?).

Chorus: Twese tur’abanyamabara ariko ibibi birarutanwa ( rutanwa ).
Ubanza zimaze kugusaza,
Doreko zabaye Ijana (Ijana).
Maze naba nanjye Ooohhoho Ooohhoho!
Erega naba nanjye Ooohhoho Ooohhoho!
Verse 2:
We live a life which is very freaky,
Kumenyana bisaba kuba tricky don’t you see that we’re growing old and our time is getting lost,
Nonese buriya baby girl ubona final yibibintu ari ryari?
Ese Ntakuntu twagisha inama umutima tukabaho mubuzima butarimo kubeshyanya.
Nonese buriya baby girl ubona final yibibintu ari ryari?
Ese Ntakuntu twahuza imitima tukabaho mubuzima butarimo kuryaryana?
It’s hard to cool down,
But we need to Cool down,
Make better conclusion, we don’t need to fall apart…,

Pre_Chorus:
Byose ni kukarubanda ntitugira amabanga now uuuh,
Gusa wowe urakabya urikiryarya.

Chorus:
Twese tur’abanyamabara ariko ibibi birarutanwa now ( rutanwa now).
Ubanza zimaze kugusaza,
Doreko zabaye Ijana now (Ijana now).
Maze nabananjye Ooohhoho Ooohhoho!
Erega nabananjye Ooohhoho Ooohhoho!

Outlow:
Ibyo kukurya bunyama choma choma choma choma I don’t want it,
Ibyo kukurya bunyama choma choma choma choma I don’t want it,
Ibyo kukurya bunyama choma choma choma choma I don’t want it.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here